Gospel|

Umuryango w’Abasoma Bibiliya mu Rwanda wateguye  igiterane cy’ivugabutumwa cy’abantu bose(Open Air Cursade), Iki Giterane kizabera ku ku kibuga cy’itorero Angilikani i Maranyundo, mu Murenge wa Nyamata, Akarere ka Bugesera, Kuva Tariki ya 16/08/2023 mu gitondo kugeza 19/08/2023 nijoro.

Inyigisho zizayoborwa n’insanganyamatsiko ikurikira. “JYE N’INZU YANJYE TUZAKORERA UWITEKA” (YOSUWA 24:15). 

IBIKENEWE MU GITERANE 

1. Bibiliya, Umusomyi, indirimbo, ikayi n’ikaramu 

2. Ibikoresho byo kumeza

3.Ibikoresho byo kuryamamo n’iby’isuku

4. Amafaranga y’umusanzu w’igiterane: Nibura 3000frw ku muntu ku bashobora kwicumbikira, hashobora kuboneka amacumbi hafi aho yishyurwa 5000frw  ku munsi, n’aha 20,000frw ku munsi wifuza gutera inkunga iki giterane wayohereza Kuri 

1. Momo Code: *182*8*1*051603# 

2. I&M Bank: 20000234001

Amazina: Ligue pour la Lecture de la Bible au Rwanda 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *