Umuryango w’Abasoma Bibiliya mu Rwanda wateguye igiterane cy’ivugabutumwa cy’abantu bose(Open Air Cursade), Iki Giterane kizabera ku ku kibuga cy’itorero Angilikani i Maranyundo, mu Murenge wa Nyamata, Akarere ka Bugesera, Kuva Tariki ya 16/08/2023 mu gitondo kugeza 19/08/2023 nijoro.
Inyigisho zizayoborwa n’insanganyamatsiko ikurikira. “JYE N’INZU YANJYE TUZAKORERA UWITEKA” (YOSUWA 24:15).
IBIKENEWE MU GITERANE
1. Bibiliya, Umusomyi, indirimbo, ikayi n’ikaramu
2. Ibikoresho byo kumeza
3.Ibikoresho byo kuryamamo n’iby’isuku
4. Amafaranga y’umusanzu w’igiterane: Nibura 3000frw ku muntu ku bashobora kwicumbikira, hashobora kuboneka amacumbi hafi aho yishyurwa 5000frw ku munsi, n’aha 20,000frw ku munsi wifuza gutera inkunga iki giterane wayohereza Kuri
1. Momo Code: *182*8*1*051603#
2. I&M Bank: 20000234001
Amazina: Ligue pour la Lecture de la Bible au Rwanda